Amakuru aturuka ahabereye igitero avuga ko drone yarashe aho Ngoma n’abo bari kumwe bari baherereye, bahita bitaba Imana. Uretse Ngoma, abandi barwanyi icyenda bari kumwe na we na bo bahise bapfa.
Iki gitero kibaye mu gihe umutekano ukomeje kuzamba mu Burasirazuba bwa Congo, aho imirwano hagati y’ingabo za Leta n’imitwe yitwaje intwaro ikomeje gufata indi ntera. Abasesenguzi bavuga ko ikoreshwa rya drone mu mirwano riri kurushaho gukaza umurego w’intambara muri ako gace.
Ibibazo n'ibitekerezo