Politiki n'Imiyoborere
Amateka, Ububasha, n'Inyungu za Rubanda
Papa Leo XIV yatangiye uruzinduko rukomeye muri Algeria asaba imbabazi
Mu ruzinduko rutari rusanzwe muri Algeria, Papa Leo XIV asabye imbabazi ku mateka akomeye y’intambara
Amb. NDUHUNGIREHE Yongeye Gushimangira Uruhare rwamahanga muri GENOCIDE muri Mata 1994
Yongeye kandi gushima gen Lomeo Daler wohereje fax mumuryango wabibumbye aburira umuryango wabibumbye ibyintwaro zari zibitse ikigali zari izo kwica abatutsi ariko bararuca bararumira.
KICUKIRO: UMURENGE WA MASAKA WIBUTSE ABAZIZE GENOCIDE 1994
Ni umuhango witabiriwe ninzego zitandukanye kurwego rwakarere, umurenge nabamwe munzego zigihugu.
8 MATA 1994 Maj Gen. Paul Kagame Paul wari Umugaba Mukuru w’Ingabo za FPR Inkotanyi, yatangaje ko atangije intambara kuri Leta yakoraga Jenoside
Tariki ya 8 Mata, Maj. Gen. Paul Kagame Paul wari Umugaba Mukuru w’Ingabo za FPR Inkotanyi, yatangaje ko atangije intambara kuri Leta yakoraga Jenoside kuko bitari bigishoboka kubahiriza amasezerano y’amahoro ya Arusha. Ingabo za FPR Inkotanyi zatangije urugamba mu Mujyi wa Kigali, ziyemeza guhagarika Jenoside mu maguru mashya.
Donald Trump Yatangaje Agahenge hagati ya Iran na Israel, Iran Yemera Gufungura umuhora wa Hormuz
Iran yemeye guhagarika imirwano mu gihe cy’ibyumweru bibiri nyuma y’ubwumvikane bwashyigikiwe na Ayatollah Mojtaba Khamenei
Perezida Kagame Yatangije icyumweru cyo kwibuka kunshuro ya 32
Perezida Paul Kagame yanacanye urumuri rwicyizere mugutangiza ibikorwa byo kwibuka
Perezida wa Congo, Félix Tshisekedi, yatangaje ko agiye kwisubiza ibice M23 yafashe byose
Ibi yabivuze ku Cyumweru tariki ya 5 Mata, mu birori byo kwakira ikipe y’igihugu ya RDC, Les Léopards, nyuma yo kubona itike yo kuzitabira Igikombe cy’Isi cya 2026 kizabera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Canada na Mexique.
Congo yemeye kwakira abimukira birukanwa na Amerika bakomoka mu bindi bihugu
Mu masezerano mashya n’ubutegetsi bwa Trump, Congo igiye gutangira kwakira abantu Amerika yirukanye ariko bakomoka mu bindi bihugu, ibintu byateje impaka n’impungenge ku burenganzira bwabo.
Ibrahim Traoré yavuze ko Burkina Faso igomba kwibagirwa demokarasi ituruka mubihugu byiburengerazuba.
Mu ijambo rikomeye ryatunguye benshi, Perezida wa gisirikare wa Burkina Faso, Ibrahim Traoré, yavuze ko demokarasi yabazungu ari iyamaraso
Minisitiri wintebe Dr. Justin nsengiyumva yavuzeko intambara yo muri iran izagira ingaruka kubukungu bwigihugu
intambara iri kubera muri Iran ishobora kugira ingaruka ku bukungu bw’u Rwanda binyuze mu izamuka ry’ibiciro ku isoko
PEREZIDA KAGAME YATANGAJE KO INGAMBA ZUBWIRINZI ZIZAGUMAHO
Perezida KAGAME yakomeje yibaza impavu hatavugwa FRDC yo ikorana na FDRL hakavugwa uRwanda gusa ruhanganye ningabo zikorana na FDRL
Uganda: Abakirisitu bakoze urugendo rw’ibirometero 11 mu Kwibuka Inzira y’Umusaraba
Muri Uganda, Umushumba wa Diyosezi Gatolika ya Soroti yayoboye abakirisitu mu rugendo rw’ibirometero 11, bibuka urugendo rwa Yezu ajya kubambwa
Trump ashobora gukura Amerika muri NATO nyuma y’intambara ya Iran
Ese byagenda bite Amerika isohotse muri NATO? Perezida Donald Trump yavuze ko ashobora kuva muri uyu muryango wa gisirikare nyuma yo gushinja ibihugu by’u Burayi kutamushyigikira mu ntambara iri kubera muri Iran. Ibi bishobora guhindura umutekano w’isi no gushyira NATO mu kaga gakomeye kurusha uko byigeze kubaho mu myaka 77 ishize
BURUNDI: UBUBIKO BWINTWARO BWAFASHWE NINKONGI
Umuvugizi wIngabo zu Burundi Gen Gaspard Baratuza yatangaje ko ububiko bwintwaro bwo mu kigo cya gisirikare cyi Bujumbura bwafashwe n’inkongi y’umuriro yateye iturika rikomeye.
UMUKURU WIGIHUGU PAUL KAGAME YIJEJE ABA ISLAM KO IBIKORWA BYABO BYITERAMBERE BIZIHUTISHWA
Ibiganiro byabereye muri BK Arena byongeye kugaragaza umurongo u Rwanda rufite wo kubaka igihugu gishingiye ku bumwe, aho amadini afatwa nk’abafatanyabikorwa mu iterambere, ariko agasabwa no kubahiriza inshingano zayo.
imvura yibisasu yongeye Kugwa muri Israel Mu gihe Trump asaba ibiganiro na Iran
Mu gihe Trump avuga amahoro, Iran ikomeje kohereza imvura ya za misile irasa —ni nde uri kuvuga ukuri?
DRC- KATANGA: HAVUTSE UMUTWE WITWAJE INTWARO URWANYA LETA
Umutwe mushya witwaje intwaro witwa MDCK ni bande bawurimo, kandi ugamije iki?
U Rwanda na Congo byemeranyije kugabanya umwuka mubi i Washington
Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) byemeranyije ku ngamba zigamije kugabanya ubushyamirane hagati yabyo, nyuma y’inama yabereye i Washington, D.C. muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Abarenga 489 basoje amasomo ya gisirikare i Gabiro.
Aya masomo yabahaye ubumenyi bwo gukora kinyamwuga nkabayobozi ku Rwego rw Ingamba( company), Isibo( platoon) ndetse n izindi nzego za gisirikare.
Benjamin Netanyahu yashyize hanze amashusho asubiza ibihuha bya Iran bivugaga ko yapfuye.
Ibiro bya Netanyahu n’abanyamakuru bemeje ko ayo mashusho ari ay’ukuri, bagaragaza aho yafatiwe n’igihe yafatiwe, mu gihe we ubwe yagaragaje ko ayo makuru ari ibihuha asebya. Gusa, hari bamwe bakomeje gutanga ibitekerezo bavuga ko ayo mashusho ashobora kuba yarahinduwe hifashishijwe ikoranabuhanga rya deepfake, bigaragaza ikibazo gikomeye cy’ikwirakwizwa ry’amakuru atari yo mu bihe by’intambara.
U Rwanda rwatangaje ko rushobora gukura ingabo muri Cabo Delgado ya Mozambique yugarijwe n’imitwe yitwaje intwaro
U Rwanda rwaburiye ko rushobora gukura ingabo zarwo mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, aho ziri gufasha kurwanya ibitero by’imitwe yitwaje intwaro, niba inkunga mpuzamahanga yo gukomeza ubutumwa bwazo itabonetse neza.
Umuyobozi Mushya w’Ikirenga wa Iran yaba Yakomeretse mu Bitero bya Amerika na Israel?
Amakuru y’ubuzima bw’umuyobozi mushya w’ikirenga wa Iran aracyari urujijo nyuma y’ibitero bikomeye byagabwe ku gihugu.nIntambara ikomeje gukaza umurego mu gihe imibare y’abahitanwa na yo ikomeje kwiyongera.
GOMA: ibitero bya drone byatangijwe mwisura nshya.
Umufaransa kazi KARINE Buisset waoreraga umuryango wabibumbye ishami ryita kubana UNICEF.
Prezida KAGAME yitabiriye inama yiga kubijyanye ningufu za nikereyeri.
mumagambo ye yavuze ko U Rwanda rwiyemeje gukora ibishoboka byose, kugira ngo ingufu zacu ziterambere zikoreshe ingufu za nikereyeri
Mojtaba Khamenei ni muntu ki wabaye umuyobozi mukuru mushya wa Iran mu gihe cy’intambara?
Nk’uko byatangajwe n’ibitangazamakuru bya leta ya Iran, Mojtaba Khamenei, umuhungu wa kabiri wa Ayatollah Ali Khamenei, ni we wahise ashyirwa ku mwanya w’umuyobozi mukuru w’ikirenga wa Iran (Supreme Leader).
Intambara ya Iran ikomeje gukaza umurego ku munsi wa 9: Amerika na Israel bateye ububiko bwa peteroli bwa Tehran
Intambara hagati ya Iran, Amerika na Israel ikomeje gufata indi ntera ikomeye, aho ibitero byibasiye ububiko bwa peteroli bwa Tehran bwa mbere.\r\nMu gihe Iran ikomeje kwihorera, ibihugu byinshi byo mu Burasirazuba bwo Hagati birimo guhura n’ingaruka z’iyi ntambara.
RUSSIA irimo guha amakuru yubutasi Iran
Amakuru arahamya neza ko Russia irimo guha amakuru yubutasi afasha iran muguhamya intego badahusha bifashishije amashusho yicyogajuru (satellite)
Perezida Kagame: U Rwanda ntiruzigera rwirengagiza umutekano warwo mu gihe ikibazo cya FDLR kigihari muri DRC
Mu ijambo yavugiye mu ifunguro rya nimugoroba rya dipolomasi, Perezida Paul Kagame yavuze ko impinduka zikomeye ziri kuba ku rwego mpuzamahanga zishobora kugira ingaruka ku bihugu byose. Yashimangiye ko u Rwanda rudashobora kwirengagiza ibibangamira umutekano warwo, cyane cyane ikibazo cy’umutwe wa FDLR ukorera mu burasirazuba bwa DRC.
Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yasabye igisubizo kirambye ku kibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa Congo
Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yavuze ko ikibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC kimaze igihe kirekire kidahabwa igisubizo kirambye, asaba ko impande zose zirebwa nacyo zibazwa inshingano.
M23 Mubiteroshuma KISANGANI
Dr.Barinda, umuvugizi wungirije wa AFC/M23 avuga kubitero barimo kugaba mumugi wa kisangani nicyo bagamije
Imvururu muri kongres ya Amerika: Uwahoze ari Marine ateruwe n’abapolisi nyuma yo gusakuza ku ntambara
Ntawushaka kurwanira Israel— Uwahoze ari Marine akurwa mu nama ya Kongere ku ngufu.
M23 YARAHIYE KUBOHORA RDC YOSE
M23 YIYEMEJE KURWANA IKAGERA KINSHASA IBYO BYAVUGIWE MUMUHANGO WO KWINJIZA INGABO ZA SPECIAL FORCES WABAYE KUMUNSI WA TALIKI 3 WERURWE 2026.
“Tuzakomeza kwirwanaho kugeza igihe ubugizi bwa nabi buzahagarikira: Ambasaderi wa Iran muri UN.”
Iran ntiteze guhagarara kurasa kugeza igihe nayo batazingera kuyirasana ambasaderi wa iran muri UN.
Ubufaransa buzohereza system zo kurwanya drone na za missile muri cyprus nyuma y’uko ingabo zaho zatewe
Umutekano urushaho gukomera mu Burayi no mu Burasirazuba bwo Hagati, aho Ubufaransa bwohereje intwaro zo kwirinda muri Siporo nyuma y’ibitero bya drone.Ibi bibaye mu gihe intambara ya Iran–Amerika–Isiraheli ikomeje guhitana amagana y’abantu, igaragaza ko isi iri kwinjira mu bihe bikomeye by’umutekano muke.
Inama ya 25 ya EAC i Arusha: Mukwiga kuguhuza ibyambu numutekano.
Abakuru b’ibihugu by’Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba (EAC) biteganyirijwe ko bagiye guterana ku wa 7 Werurwe 2026, i Arusha, mu nama ya 25 isanzwe y’Abakuru b’ibihugu.
INDEGE ZA AMERICA ZAHANUWE MURI COWAITE
Iran ikomeje kurasa ibikorwa bya Amerika mu karere nyuma yo kugabwaho ibitero na america bikanahitana umuyobozi \r\nwikirenga wa IRAN ayatora ali khameni
M23 Yemeje urupfu rwa Willy NGOMA
Mwitangazo ryabo nkuko twaribahinduriye mukinyarwanda ryagize riti :
Urutonde rwabayobozi byakomeye bivugwa ko bapfanye na Ayatollah Ali Khamenei, mu bitero bya Amerika na Israel bagabye muri Iran ku wa Gatandatu:
Ubutegetsi bwa Leta ya cyIslam bwa Iran busa nkubwageze kwiherezo nyuma yimyaka 35 buyobora iki guhugu
UMUYOBOZI WIKIRENGA WA IRAN AYATORA YISHWE
Urupfu rwa Ayatollah Khamenei mu gitero cya Amerika na Israel rwatumye Iran yinjira mu cyunamo cy’iminsi 40, isi yose ihagarara itegereje icyakurikiraho.
Umuhuza hagati ya AMERICA na IRAN yatangaje ko ibiganiro byatanze intambwe ishimishije
Ese ibiganiro bya Amerika na Iran birashobora guhagarika intambara ishobora guturika mu Burasirazuba bwo Hagati?\r\nCyangwa isi igiye kwinjira mu kindi gihe cy’intambara ishingiye ku ntwaro za kirimbuzi?
icyenda (9) ni bo byemejwe ko baguye mu gitero cya drone cyahitanye Lt. Col. Willy Ngoma, wari umuvugizi wa gisirikare w’umutwe wa AFC/M23, mu mirwano ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Nubwo bimeze bityo, Umugaba Mukuru w’Ingabo za AFC/M23, Gen. Sultani Makenga, we biravugwa ko yashoboye kurokoka icyo gitero.
Lt. Col. Willy Ngoma wa AFC/M23 yatabarutse
Lt. Col. Willy Ngoma, wari umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, yatabarutse nyuma yo kugabwaho igitero cya drone cyagabwe n’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).