Mugusbiza kukibazo umunyamakuru wa jaine afrique  cyamubazaga kubufatanye bwurwanda na M23 mubyumutekano 
Nkuko byatangajwe na ambasaderi wuRwanda muri USA, aho abantu bose basobanuye ko ari ukwemera ko ko ingamba zubwirinzi ari ingabo zuRwanda ziri muburasirazuba bwa congo.

Mukumusubiza yagize ati  ingamba zubwirinzi zisobanuye iki ??, zisobanuye ko ari ukurinda ubutaka bwacu no kurinda imbibi zacu 

Bisobanuye ko ari ugukoresha uburyo bwacu nibikoresho byangisirikare ningabo zacu nibindi.

Murimake simbona ibintu bitumvikana niba ukurinda imbibi zacu bisaba ko umwanzi aguma mubirometero 5, 10 ,20 kure yazo ibyo ni ingamba zubwirinzi.

Perezida KAGAME yakomeje yibaza impavu hatavugwa FRDC yo ikorana na FDRL hakavugwa uRwanda gusa ruhanganye ningabo zikorana na FDRL  ati “ ntutekereze ko  U Rwanda ruzakuraho ingamba zumbwirinzi mugihe utarimo gukuraho ibibangamiye U Rwanda.”