Imikino

Abanyamahirwe, Amanota, n'Imiterere y'Imikino

Imikino

KIMWE MUBIBUGA FIFA YEMEREYE U RWANDA CYATASHYWE KUMUGARAGARO

Hanatashywe kandi ibikorwaremezo bishya biromo na hotel ya ferwafa yarimaze imyaka icyenda yarananiwe kuzura.

Soma Inkuru
Imikino

TRUMP YASHYIZE YEREKANA ICYATUMYE ATERA IGIHUGU CYA IRAN

Trump yavuze ko ashaka kwigarurira peteroli ya Iran; ikigo cy’amashanyarazi cyo muri Kuwait cyagabweho igitero

Soma Inkuru
Imikino

Amavubi yanyagiye Granada imbere ya H.E KAGAME

Ibirori byumupira wamaguru mu mahoro bidasanzwe nyuma yinsinzi yurwanda kuri granada rwisanga kumukino wanyuma ruzakina na estonia

Soma Inkuru
Imikino

RSSB TIGERS YITWAYE NEZA MURI BAL

Ikipe ya rssb tigers yitwaye neza itsinda Alahli libya mumukino ufungura irushanwa rya BAL

Soma Inkuru
Imikino

LIECHTENSTEIN YATUNGURANYE ITSINDA TANZANIA MURI FIFA SERIES

BIMWE MUBYARANZE UMUNSI WAMBERE WA FIFA SERIES 2026

Soma Inkuru
Imikino

DUSOBANUKIRWE BYINSHI KUMIKINO YA FIFA SERIES 2026 IGIYE KUBERA MURWANDA

Ni ubwa mbere u Rwanda rugiye kwakira amarushanwa ahuza amakipe aturutse ku isi yose – menya impamvu FIFA Series 2026 ishobora guhindura byinshi kuri Amavubi

Soma Inkuru
Imikino

GASOGI UNITED ISHOBORA KUMANUKA MUCYICIRO CYA 2

Ubuyobozi bwa Rwanda Premier League bwatangaje ko bwafatiye ibihano ikipe ya Gasogi United kubera kutagaragara kumukino wari kubahuza na Rayon Sports kuri Stade Amahoro

Soma Inkuru
Imikino

Rayon Sports yatandukanye n’umutoza Bruno Ferry nyuma y’amezi atatu.

Tariki 22.12.2025 nibwo umufaransa Bruno Ferry yatangiye akazi mu ikipe ya RayonSports icyo gihe bumvikanye ko amasezerano ye azarangirana n’umwaka w’imikino.

Soma Inkuru
Imikino

Perezida wa CAF yemeye ko umupira w’amaguru muri Afurika ufite ikibazo cy’icyizere

Perezida wa Confederation of African Football (CAF), Patrice Motsepe, yatangaje ko umupira w’amaguru muri Afurika ugifite ikibazo cy’icyizere n’ukutizerana ku bijyanye n’ubunyangamugayo, nyuma y’uko Senegal yambuwe igikombe cya Africa Cup of Nations.

Soma Inkuru
Imikino

REAL MADRID YAKUYEMO MAN CITY || CHELSEA INYAGIRWA NA PSG

IBYARANZE UCL IMIKINO IBANZA YAGOGOYE CYANE AMAKIPE YO MU BWONGEREZA

Soma Inkuru
Imikino

MORROCO YAHAWE IGIKOMBE CYA AFRICA (AFCON) 2025

CAF yavuze ko Senegal yatewe mpaga ku mpamvu z’amategeko, maze Maroc ihabwa igikombe cya afcon 2025

Soma Inkuru
Imikino

Amavubi Yahamagaye Abakinnyi Bitegura FIFA Series 2026

Urutonde rw’abakinnyi b’Amavubi rwashyizwe hanze mu myiteguro y’amarushanwa mpuzamahanga ya FIFA Series.

Soma Inkuru
Imikino

Stephen Constantine yagizwe umutoza mukuri wamavubi.

Umwongereza Stephen Constantine wimyaka 63 yongeye kugirwa Umutoza wIkipe yIgihugu Amavubi, Yatoje u Rwanda mu 2014/2015 ndetse icyo gihe yarufashije kwandika amateka yo kugera ku mwanya wa 64 ku rutonde ngarukakwezi rwa FIFA.

Soma Inkuru
Imikino

Prezida KAGAME yarebye umukino PSG yatsinzemo chelsea .

Arikumwe na nicolas salkozie wayoboye ubufaransa HE. Paul kagame i parc de prince, bakurikiye umukino wa 1/8 ubanza PSG yatsinzemo chelsea

Soma Inkuru
Imikino

APR BBC Yiyongereye imbaraga: Quinn Cook wahoze muri NBA yinjiye mu ikipe yitegura BAL 2026

APR BBC yakomeje kwiyubaka mbere ya Basketball Africa League (BAL) 2026, yongeramo umukinnyi w’umunyamerika Quinn Cook wigeze kwegukana ibikombe bya NBA.\r\nUyu mukinnyi wakiniye amakipe akomeye muri Amerika aje kongerera imbaraga APR mu rugendo rwo guhatanira igikombe cya BAL

Soma Inkuru
Imikino

Moritz Kretschy yegukanye tour du Rwanda 2026

Tour du Rwanda yasojwe itwawe na NSN

Soma Inkuru
Imikino

TOMBOLA UCL YA 1/8 MAN CITY YISANZE NANONE IZAKINA NA REAL MADRID NAHO CHELSEA YISANGA NA PSG

Dore uko amakipe yatombolanye muri 1/8 mumikino yo gukuranwamo

Soma Inkuru
Imikino

APR BBC YAMENYE AMAKIPE BAZAKINA MURI BAL

APR BBC yashyizwe muri Conference ya Kalahari muri BAL 2026.\r\nIzahura n’amakipe akomeye arimo Al Ahli Libya na Petro de Luanda.

Soma Inkuru
Imikino

Umubiligi De Clercq yegukanye Etape ya Kane ya Tour du Rwanda 2026

Umukinnyi w’Umubiligi, Mathijs De Clercq, ni we wegukanye Agace ka Kane ka Tour du Rwanda kasorejwe mu Karere ka Rubavu, nyuma yo guhagurukira i Karongi ku ntera y’ibilometero 127,2.

Soma Inkuru
Imikino

Babiri baguye mu mpanuka yabereye muri etape ya mbere ya Tour du Rwanda

Ubuyobozi bwa Tour du Rwanda, bwatangaje ko abantu babiri baguye mu mpanuka y’imodoka zibanza imbere y’amagare, abandi batandatu barakomereka.

Soma Inkuru