Ishyirahamwe ryUmupira wAmaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko Stephen Constantine yashyizweho nkUmutoza Mukuru wIkipe ylgihugu yAbagabo (Amavubi) ndetse nIkipe ylgihugu yabatarengeje imyaka 23, mu gihe cyimyaka ibiri iri imbere ishobora kongerwa hashingiwe ku musaruro.
Ubwo aheruka murwanda stephan constantine, Mu mwaka wa 2013, Stephen Constantine yatoje ikipe y’igihugu cy’u Rwanda Amavubi, agira umusaruro w’imikino 2 yatsinze, 1 yanganyije, n’1 yatsinzwe mu mikino yo gushaka itike ya CAF Qualifiers.