Morocco yemejwe ku mugaragaro nk’iyegukanye igikombe cya AFCON nyuma y’uko CAF ihinduye icyemezo cyari cyafashwe ku mukino wa nyuma.
Itangazo ryashyizwe ahagaragara na CAF rivuga ko:Akanama gashinzwe ubujurire muri CAF gafashe icyemezo ko, hashingiwe ku ngingo ya 84 y’amategeko agenga igikombe cya Afurika cy’ibihugu (AFCON),
Ikipe y’igihugu ya Senegal ifatwa nk’iyatsinzwe ku mukino wa nyuma w’igikombe cya Afurika 2025 cyabereye muri Maroc.
Ibyavuyemo ni uko uwo mukino wanditswe nk’uwatsinzwe na Senegal ku bitego 3-0, ibizwi nka mpaga maze intsinzi ihabwa Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru rya Maroc (FRMF).
Ibibazo n'ibitekerezo