Kuruyu wambere mwishuri ryisumbuye rya kagarama highschool ryo mukarere ka kicukiro, hatshywe ikibuga gito cyumupira wamaguru cyubatswe kunkunga ya FIFA muri gahunda yayo ya FIFA-ARENA.
FIFA yemereye urwanda ibibuga nkibingibi 10 bya metero 40 kuri 20 ariko ubwo prezida wa FIFA yari i kigali mukuboza 2025, Yemereye U Rwanda ibindi nkibi 20.
Ibindi bibuga bigomba gutahwa harimo ; ikibuga cyo muro College sina gerald i Rulindo, Saint joseph Muhanga, Lycee de kigali Kicukiro, College inyemeramihigo i Rubavu, TC save gisagara ES nyamirama mukarange,
GS officiel butare, GS kabare i Ngoma, ES nyamirama i Kayonza.
Banafunguye kumugaragaro ikibuga ndetse nibindi bikorwa remezo bya ferwafa birimo na Hotel
Nibirori kandi byari biyobowe na Hon Nelly Mukazayire minisitiri wa siporo murwanda ndetse na prezida wa Ferwafa bwana Shema Fabrice.
Ibibazo n'ibitekerezo