Justin Nsengiyumva yavuze ko intambara iri kubera muri Iran ishobora kugira ingaruka ku bukungu bw’u Rwanda binyuze mu izamuka ry’ibiciro ku isoko mpuzamahanga, cyane cyane ku bicuruzwa rutumiza n’ibyo rwohereza mu mahanga ndetse n’ibikomoka kuri peteroli. Yagaragaje ko ibi bishobora gutuma ubuzima buhenda kurushaho, ariko ashimangira ko Abanyarwanda bakwiye kubyitegura no gukomeza kuba maso batagize ubwoba cyangwa ngo bakangarane.
"intambara iri kubera muri Iran ishobora kugira ingaruka ku bukungu bw’u Rwanda binyuze mu izamuka ry’ibiciro ku isoko"
Ibibazo n'ibitekerezo